Rwanda | Ngororero: farumasi y’akarere irasabwa gutanga imiti ikwiye mu mavuriro
TweetAbayobozi b’ibigonderabuzima n’ibitaro byo mu karere ka Ngororero bamaze iminsi bavuga ko hari ubwo farumasi y’akarere itabaha imiti ikwiye kandi iyifite bityo bikaba impamvu yo gutanga serivisi...
View ArticleRwanda | Burera: Ababyeyi barashishikarizwa kubyarira kwa muganga
TweetGuverineri w’intara y’amajyaruguru arashishikariza ababyeyi bo mu karere ka Burera kugana ibigonderabuzima, ibitaro n’amavuriro kugira ngo bajye babyarira kwa muganga kugira ngo birinde impanuka...
View ArticleRwanda | NYAGATARE: BARACYATWARA ABARWAYI MU NGOBYI ZA GAKONDO
TweetMUKAMA: Kuba bagitwara abarwayi mu ngobyi za gakondo kwa muganga ngo babona iterambere ryarabasize. Ibi ngo ahanini ni ibiterwa no kuba badafite umuhanda, bityo ngo ntibiborohere kubona...
View ArticleRwanda | Muhanga: Isuku y’igikoni cy’ibitaro bya Kabgayi iracyemangwa
Tweet Ubwo itsinda ryari rishinzwe kugenzura isuku n’imikorere y’ibikorwa biri mu karere ka Muhanga, ryageraga mu bitaro bya Kabgayi, banenze isuku iri mu gikoni cya Kabgayi. Iki gikoni gihuriweho...
View ArticleMuhanga: Ibitaro bya Kabgayi bitanga serivisi mbi kubera ubwinshi bw’ababigana
Tweet Umuyobozi w’akarere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo, Yvonne Mutakwasuku aratangaza ko kuba ibitaro bya Kabgayi bitakira ababigana uko bikwiye ngo ari ikibazo cy’abarwayi babigana barenze...
View ArticleNyarugenge : Ikigo nderabuzima cyatashywe kizatuma batazongera gukora...
TweetDr. Anita Asiimwe afungura ku mugaragaro ikigo nderabuzma cya Nyarugenge Abaturage bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Nyarugenge baratangaza ko batazongera gukora urugendo rurerure bajya...
View ArticleGISAGARA: GISHUBI IVURIRO BUBAKIWE RYABAGABANYIRIIJE IMVUNE
TweetMu murenge wa Gishubi ho mu karere ka Gisagara hujujwe ivuriro, ryakirirwamo abatuye uyu murenge ndetse n’abavuye mu mirenge iwegereye, ku bahatuye kikaba ari igikorwa cyabaruhuye imvune bahuraga...
View ArticleGISAGARA: GISHUBI IVURIRO BUBAKIWE RYABAGABANYIRIIJE IMVUNE
TweetMu murenge wa Gishubi ho mu karere ka Gisagara hujujwe ivuriro, ryakirirwamo abatuye uyu murenge ndetse n’abavuye mu mirenge iwegereye, ku bahatuye kikaba ari igikorwa cyabaruhuye imvune bahuraga...
View ArticleAbafite abana barwaye ibibari ngo bareke kubaheza ahubwo babavuze
Tweet Abanyarwanda barasabwa kumenya ko ibibari ari indwara ivurwa igakira, iyo umuntu ayivuje neza, ku buryo uwari uyirwaye yabaho ubuzima bumeze nk’ubw’abatarigeze bayirwara. Ubu butumwa bukaba...
View ArticleRutsiro : Gahunda idasanzwe isize abarenga 1370 bakebwe mu byumweru bibiri gusa
Tweet Umubare munini w’abitabiriye gukebwa ni urubyiruko Abaganga bo mu bitaro bya gisirikari by’i Kanombe bafatanyije n’abakozi b’umushinga JHPIEGO bifashishije n’abakozi b’ikigo nderabuzima cya...
View ArticleBahuguwe ku micungire y’ibitaro bayobora
Tweet Abayobozi b’ibitaro by’Uturere two mu Rwanda, guhera kuwa gatatu tariki ya 15/1/2014 bateraniye muri Hotel Credo i Huye, mu mahugurwa y’iminsi itatu bagenewe na Minisiteri y’ubuzima. Aya...
View Article
More Pages to Explore .....